![Nta Mvura Idahita](https://source.boomplaymusic.com/group10/M00/04/18/15f1eb8936fd4a8b864743ddb1b7d4ee.jpg)
Nta Mvura Idahita Lyrics
- Genre:Hip Hop & Rap
- Year of Release:2019
Lyrics
Nta Mvura Idahita - Riderman
...
mwana wu muhanda wicaye ku ziko wota igifu kirimo ubusa ibiryo nibyo urota uribaza ibibazo byinshi ukuabura ibisubizo ubuzima ntibusobanutse ni ihurizo uricara uri wenyine agatotsi kakakwiba wicira isazi mu maso wayura ubutitsa amavi ahora hasi uhoraho umubaza impamvu uri mu kaga kandi yarakuremye nkabandi agahinda kawe ugahisha ahitaje abantu kuko benshi wawaririye ntawurebye irihumye gusa ndi kumwe nawe ibibazo byawe ndabibona nyemerera nkubwire komera nshuti yange shikama kigabo hagarara bwuma mubajya ku muriro za imbere pana inyuma birarababaje kuba ubuzima bukuruma ejo bizaba ari inkovu ibesebe biruma nta mvura idahita nta shene idacika Nyagasani arakureba kandi azanagusubiza ntiwihebe isaha ntago iragera nigera Yehova azakwicaza aho udakeka komeza ukore ukore nta bunebwe Imana izahindura ibikorwa byawe ubuherwe nubwo ureba aho uri ukabona utazahasohoka zirikana ko ku Mana ntakidashoboka wigeze kurira irira ryuzura ububiko ntiwarimenywe ahubwo waratamiye urarimira nubundi amarira yu mugabo atemba ajya mu nda weretse abantu bose agahinda urwaye ntiwakira inkuta zifite amatwi imihanda ifite iminwa mubo utakira abifuza ko utabarwa ni mbarwa shyira iryinyo ku rindi kaza umutsi bizashira kora wiherana na gahinda no kurira isi niguha amase ntuzayinubire aho kuyata uzayafate uyagire ifumbire ibyi si biragoye kandi ni birebire nta nzira yu busamo igana ku bukire shikama kigabo hagarara bwuma mubajya ku murimo za imbere apana inyuma birababaje kuba ubuzima bukuruma ejo bizaba ari inkovu ibisebe biruma nta mvura idahita nta shene idacika Nyagasani arakureba kandi azanagusubiza ntiwihebe isaha ntago iragera nigera Yehova azakwicaza aho udakeka komeza ukore ukore nta bunebwe Imana izahindura ibikorwa byawe ubuherwe nubwo ureba aho uri ukabona utazasohoka zirikana ko ku Mana ntakidashoboka. Bavuga ko ukorora aciramo agabanya intambwe ku yindi urugendo urimo ruzashira ikigenzi ni ukumenya aho uva naho ugana umurimo mwinshi kandi unoze niyo nzira amahano naguhanukira ntuhungabane umwaku uvamo umugisha ku washikamye hamwe rastaffff ayii