
Last letter Lyrics
- Genre:Others
- Year of Release:2025
Lyrics
We step up in the love
Couse every body use to be nkuko turi
Imitima yacu ni pata na rugi nkanumwe wandutira umwali baby girl never
Jya nigirira iso iyo nkubonye no mubashumi
Ugatera intambwe uza unsanga kumutima nkashima nkaririmba uti
Nge ndahiriwe ntera hozana too mon quel
Nsanze narifotse umwali uri better kurusha abandi kwisi
Nge ndahiriwe Mana pfashe ndambewe
Maze twibanire iteka
Hallelujah mbknye mama wabana bange kujyeza gupfa
Ndashima Imana yamindemeye
Akaba uwange kungeza gupfa
Hallelujah mbonye mama wabana bange kungeza gupfa
Ndasabimana yamundemeye akaba uwange kungeza gupfa
Look at to my paper
Niwowe gusa till to the last paper
Niwowe gusa waremewe iyi njana ntateze guhagarika till to the last note
Aaaaa
Yaransomeje ndakwama
Aaaaa
Nzamujyina ikanisha
Aaaaa
Ndamufite kumutima
Ndamukundakunda
Promise to stay
Hallelujah mbonye mama wabana bange kungeza gupfa
Ndashima imana yamundemeye
Akabuwange kungeza gupfa
Hallelujah mbonye mama wabana bange kungeza gupfa
Ndasabimana yamundemeye akaba uwange kungeza gupfa
Hallelujah mbonye mama wabana bange kungeza gupfa
Ndasabimana yamundemeye akaba uwange kungeza gupfa