Ntuzarira Lyrics
- Genre:Alté
- Year of Release:2020
Lyrics
Ntuzigera Urira
Ijoro n’ amanwa untegereje
udakangwa nimvuraCyangwa imbeho
ibyo bituma ngukunda cyane
Nakora icyo nsabwa cyose kugira ngo utarira
Nkuguma iruhande nkatuza kukwanga
ntikinu Nashobora iwawe naranyuzwe wanyibagije iby’ inkundo zuzuye Amarira
Nuzajyubona nkosheje baby ukababara
Ntuzankosoze intonganya yoo huuuuu
Ujye unkosoza ineza yoyoyooo
Pretty girl ntago uzarira
Mfata ukuboko ntuzicuza
Pretty girl ntago uzarira
Mfata ukuboko ntuzicuza
Pretty Girl
Pretty Girl
Pretty Girl
Mfata ukuboko ntuzicuza
Pretty Girl
Pretty Girl
Pretty Girl
Mfata ukuboko ntuzicuza
Baby mama hehe ntamarira
Am show you off To the whole wolrd
African queen mutima Uri up ”something” nzagukunda kugeza Umutima utagikunda
Uri umudiho uhora hit mu mutima wanjye
Warahabaye ngukeneye Ntago wahanaye
Nzaguhora hafi Cyane Mpaka“
(Mpaka)
Abagushaka babwire uti toka
“SHI toka”
Mpa ikiganza duseruke mbyereke iyi world
Urimo impano nahawe njye naguhishe kure
Naratwawe kuhankura bisaba police yeahh
Pretty girl ntago uzarira
Mfata ukuboko ntuzicuza
Pretty girl ntago uzarira
Mfata ukuboko ntuzicuza
Pretty Girl
Pretty Girl
Pretty Girl
Mfata ukuboko ntuzicuza
Pretty Girl
Pretty Girl
Pretty Girl
Mfata ukuboko ntuzicuza